

Tell Miss Rwanda Organizers to change their terms and regulations.


Tell Miss Rwanda Organizers to change their terms and regulations.
The Issue
Turasaba abategura irushanwa guhindura amategeko n’amabwiriza kuko bidasobanutse kandi ntibihe amahirwe 100% uwo abanyarwanda bifuza. Niba Miss ari uwa Abanyarwanda, uwagize ubwiganze bw’amajwi nka “MWISENEZA Josiane” ufite umushinga wo kurwanya indyo mbi n’igwingira ry’abana bo mu cyaro, yakwiye kwambikwa ikamba nta mananiza. Nkuko izindi ngingo zo mu yandi mategeko zahinduwe we ku busabe bw’ Abanyarwanda n’aya mategeko turifuza ko kuri iyi nshuro yahindurwa. Ikamba rikambikwa uwo abenshi bagaragaza ko bashaka kandi bashyigikiye. Kuba ariwe mukobwa wavuye mu cyaro agahangara iri rushanwa ni ubutwari, kuba atavuga neza izindi ndimi si amakosa ye kuko afite diplome kandi nabamubanjirije bazivugaga neza ntawa twaye ikamba mu marushanwa mpuzamahanga. Kumuha ikamba byashimangira ko abanyarwanda twifatira ibyemezo kandi ko Miss Rwanda itari iy’ abanyamujyi gusa.

The Issue
Turasaba abategura irushanwa guhindura amategeko n’amabwiriza kuko bidasobanutse kandi ntibihe amahirwe 100% uwo abanyarwanda bifuza. Niba Miss ari uwa Abanyarwanda, uwagize ubwiganze bw’amajwi nka “MWISENEZA Josiane” ufite umushinga wo kurwanya indyo mbi n’igwingira ry’abana bo mu cyaro, yakwiye kwambikwa ikamba nta mananiza. Nkuko izindi ngingo zo mu yandi mategeko zahinduwe we ku busabe bw’ Abanyarwanda n’aya mategeko turifuza ko kuri iyi nshuro yahindurwa. Ikamba rikambikwa uwo abenshi bagaragaza ko bashaka kandi bashyigikiye. Kuba ariwe mukobwa wavuye mu cyaro agahangara iri rushanwa ni ubutwari, kuba atavuga neza izindi ndimi si amakosa ye kuko afite diplome kandi nabamubanjirije bazivugaga neza ntawa twaye ikamba mu marushanwa mpuzamahanga. Kumuha ikamba byashimangira ko abanyarwanda twifatira ibyemezo kandi ko Miss Rwanda itari iy’ abanyamujyi gusa.

Petition Closed
Share this petition
The Decision Makers
Petition Updates
Share this petition
Petition created on January 5, 2019